Izindi serivise dutanga burambuye

Izindi serivise dutanga burambuye

photocopy.png

Serivise ya fotokopi

FRw240.00

Uburyo iyi serivisi itangwa

Kugira ngo udatakaza igihe kandi ubike inyandiko zawe z’umwimerere mu buryo wizeye, serivisi zacu zikora akazi ko gufotora inyandiko zibigufashamo.

Iyo wafotoreje impapuro zawe mu kigo cyacu birakorohereza cyane mu gusaba Visa, bityo ukicara wizeye ko impapuro ziyisaba ari nta makemwa.

Mu bigo byacu bitanga Visa, uzahasanga imashini zikomeye, zikora mu buryo bwihuse, zikomeye kandi zikoresha impapuro z’ubuziranenge buhebuje.

Iyi serivisi itangwa ku buryo bwihuse, bworoshye kandi buhendutse.

Iyi serivisi itangirwa mu bigo byacu bitanga viza.

printing.png

Gucapa inyandiko

FRw490.00

Uburyo iyi serivisi itangwa

Izere udashidikanya ko uzahabwa viza wasabye niba impapuro ziyisaba zaracapwe n’imashini zacu

Niba ukeneye urupapuro umuntu yuzuza asaba viza cyangwa izindi nyandiko zijyana na rwo, ibigo byacu bitanga viza bibigufashamo mu buryo bunoze

Umuti w’imashini zacu ndetse n’impapuro dukoresha ntibigira amakemwa biguha ikizere ko dosiye yawe y’ubusabe ikeye kandi isomeka bityo ukayitanga ntacyo wishisha kuko iba yujuje ubuziranenge

Iyi serivisi itangirwa mu bigo byacu bitanga viza.

icao.png

Ifoto yemerwa n’Umuryango mpuzamahanga w’Indege za Gisivili.

FRw10,465.00

Uburyo iyi foto iboneka

Izere udashidikanya ko uzahabwa viza wasabye niba watanze amafoto yujuje ubuziranenge

Urashaka amafoto yujuje ubuziranenge kandi akugaragaza uko wakabaye?

Ntugire ikibazo.

Nugera ku kigo cyacu, uzahasanga abakozi bacu bakira abantu na yombi bagufotore ifoto yuje ubuziranenge yabugenewe mu gusaba viza

Iyi serivisi itangwa ku buryo bwihuse, buhendutse, bworoshye - kuko abakozi bacu babigufashamo byose.

Iyi serivisi itangirwa mu bigo byacu bitanga viza.

sms.png

Kohereza ubutumwa bugufi

FRw3,125.00

Uko iyi serivisi itangwa

Kurikirana buri gihe aho dosiye yawe igeze ureba ubutumwa bugufi bwoherezwa buri gihe

Buri gihe tukoherereza ubutumwa bugufi kuri telefoni yawe bukumenyesha aho dosiye yawe igeze.

Ni ukuvuga ko udakwiye kugira kugira ikibazo cy’aho dosiye yawe y’ubusabe igeze yigwaho.

Icyitonderwa

Ubu butumwa bugufi ubugezwaho mu rurimi rw’icyongereza

Iyi serivisi uyishyurwa uje gutanga dosiye isaba viza.